Umunyamakuru Jonathan yatangaje amatariki y鈥檜bukwe bwe

Umunyamakuru Jonathan yatangaje amatariki y鈥檜bukwe bwe

Ndayambaje Jonathan usanzwe ukora umwuga w鈥橧tangazamakuru n鈥檜mukunzi we, Igihozo Sandrine, batangaje ko ubukwe bwa bo bazabukora muri Nzeri 2025.

Nk鈥檜ko bigaragara mu nteguza [Save the date] aba bombi bashyize hanze, ubukwe bwa bo buteganyijwe kuba tariki ya 20 Nzeri uyu mwaka kuri Hotel Sports View Kicukiro.

Ni nyuma y鈥檜ko tariki ya 5 Kamena 2025, uyu munyamakuru yari yambitse impeta umukunzi we, Sandrine amusaba ko yazamubera umugore nyuma y鈥檌gihe bari mu munyenga w鈥檜rukundo, undi avuga 鈥淵ego鈥 atazuyaje.

Jonathan ni umunyamakuru ufite izina rizwi mu gice cy鈥檌mikino, aho kuri ubu ari we ushinzwe Itangamakuru n鈥橧tumanaho muri Vision FC no muri Gicumbi FC ndetse akaba yarakoze mu bigo by鈥檌tangazamakuru bitandukanye nka BTN TV, BPLUS TV n鈥檃handi.

Uretse kuba ari umunyamakuru w鈥檌mikino, asanzwe ari umwe mu bazi gufata no gutunganya amashusho mu buryo bwa kinyamwuga.

Read More…